Appolo Creative

Appolo Creative

Share

25/05/2026

🚨𝐀𝐌𝐀𝐊𝐔𝐑𝐔 𝐀𝐆𝐄𝐙𝐖𝐄𝐇𝐎🚨
Umunyamategeko usanzwe ari n’umuhesha w’inkiko, Me Munyakaragwe Aline, yasabiwe gufungwa amezi abiri, gutanga ihazabu y’ibihumbi 200 Frw no kwishyura indishyi za miliyoni 10 Frw kubera kwita ‘igikuri’ Ingabire Nelly uzwi nka Mignone.

Urubanza rwabereye mu Rukiko rw’Ibanze rwa Nyarugenge kuri uyu wa 25 Gicurasi, icyemezo cyarwo kikazatangazwa ku wa 11 Kamena 2026.

Source

14/05/2026

‎AFC/M23 yandikiye Umunyamabanga wa Leta ya Amerika ushinzwe Ububanyi n’Amahanga, Marco Rubio, ivuga ko itishimiye uburyo Amerika iri kwitwara mu buhuza bw’amahoro hagati yayo na Leta ya RDC, ishinja Washington kubogamira kuri Perezida Félix Tshisekedi nyuma y’amasezerano y’amabuye y’agaciro hagati y’ibihugu byombi.

‎Mu ibaruwa yanditswe na Corneille Nangaa, AFC/M23 yavuze ko RDC itubahirije ibyo yemeye mu biganiro byabereye i Montreux mu Busuwisi, harimo kurekura imfungwa 317, ndetse ikanashinja FARDC gukomeza ibitero bya drones n’indege mu bice igenzura.

‎Uyu mutwe uvuga ko wo washyize mu bikorwa zimwe mu ngamba z’amahoro zirimo kugabanya imirwano, kurekura imfungwa 1,350 no korohereza ibikorwa by’ubutabazi.

‎For more Stories that matters follow

‎Note: We don’t own the visuals or audio used in this content. Credit is given to the respective owners.

‎Media: Credit to rightful owners. DM for credit/removal


Want your business to be the top-listed Interior Service in Nyarugenge?
Click here to claim your Sponsored Listing.

Telephone

Address

Nyarugenge
20093