Ivuriro Dynapharm Rwanda

Ivuriro Dynapharm Rwanda

Share

27/04/2026

*UKO NAKIZE IBIBYIMBA BYO MURI NYABABYEYI(MYOMES)NTARINZE KWIBAGISHA MUGIHE NARI NARAHAWE RENDEZ VOUS YO KUJYA KWIBAGISHA* call 0788218798

Nitwa Susanna mfite imyaka 37 ndi umubyeyi w'abana babiri umukuru afite imyaka 20 murumuna we umukurikira afite 17 ntawundi mwana nigeze mbona kandi numvaga nkimukeneye,njyiye kukuganiriza kukibazo cy'uburwayi bwanjye yenda nawe wasanga ugifite cg u*i inshuti yawe cg umuvandimwe ukamuha amakuru bikamufasha nkuko nanjye byamfashije ubwo nari mfite rendez vous yo kujya kubagwa ibibyimba byo munda(myomes) kandi barambwiragako niyo babibaze bidashira munda kuko ibikiri bitoya batabibaga bareka bikabanza bigakura aribwo biba bigaragara.

Nyuma yo kumara igihe kinini njya mumihango nkaribwa ndetse akenshi igakunda guhindagura igihe iziraho naba nanayibonye nkava cyane,ibi byagiye bintera ingaruka zuko niyo nasamaga inda zajyiye zivamo zitageze igihe cyo kuvuka bikambabaza cyane ntushobora kubyumva,numvaga kandi ndemerewe rimwe na rimwe nkaribwa mukiziba cy'inda rimwe nibwo naje kwikekaho ubu burwayi kuberako nakundaga gukurikira amakuru kumaradio kubu*ima cyane cyane bw'imyororokere nageragezaga gukora ibishoboka byose ngo nshakishe amakuru yatuma ubu*ima bwanjye bugenda neza ariko bikanga nyuma nibwo naje kwikanga iyi ndwara maze kumva ibimenyetso byayo njya kwisuzumisha basanga koko ndayirwaye banasanga icyanteraga ibi byose ari imisemburo myinshi ntawundi muti bandangiye uretse kubibagisha nkumva ubwoba buriyongereye gusa nkumva baramutse babibaze ariko ngakira nkongera nkabona undi mwana niyo yaba umwe ntacyo byaba bitwaye,nyuma nibwo nakomeje gukomeza nkusanya amakuru kuburwayi bwanjye nza kumenyako umuntu wamaze guhura niki kibazo aba afite amahirwe yo kubagwa agakira ariko kandi kuba byagaruka nabyo biba bishoboka cyane ngo kuko ibikiri bitoya buriya biba bitaragaragara iyo bakubaga batabibona uba ushobora kugaruka kubyivuza nyuma y'igihe runaka nko mumyaka ibiri mugihe haba hari icyasigayemo kikiri gitoya!

Rimwe najyiye gusenga nibwo nabiganirije umugore w'inshuti yanjye tuganira byinshi mubwira ukuntu nazengurutse ahantu henshi nivuza bakantwara amafaranga menshi yubusa ngo baramvura simbashe gukira,nanamubwirako ubuheruka twatanze amafaranga asaga 600'000 kumuvu*i watwizezaga ibitangaza ntibyagira na gitoya bihindukaho none ubungubu umugabo wanjye yararambiwe ntanubwo agishaka gusohora amafaranga kuri iki kibazo kuko yabufashe nk'uburwayi budakira cyokoze ubungubu ntegereje kubagwa byo agerageza kubyumva ariko sindamubwirako namenyeko iyo bakubaze bidashiramo abimenye ngirango nabwo yakwisubira nkirwariza kuko njyewe ntagahunda mfite yo kurambirwa kwivuza mpaka nkize cg ndambiranye nkipfira,noneho bikubitana nuko mbona njyiye gucura nkumva nzaba ncuranye agahinda ko kuba byarabaye nkiri mutoya ataricyo gihe nabiteganyirizagaho!

Inshuti yanjye yarampumurije irambwira iti humura ikibazo cyawe kizakemuka wowe gira kwizera(yabimbwiye atuje cyane nkaho bidakanganye nkabona yabyoroheroheje)ati>>ubu burwayi abantu benshi barabufite ngirango ahari hafi 90% baba bagerwaho na bimwe muri ibi bimenyetso nubwo yenda atariko bose bafite ibibyimba byo munda ariko akenshi niho biba bishyira!ati >ese harya wamenyeko ntagikora muri bank populaire nsigaye nkorana n'ikigo mpuzamahanga(ahangaha yambwiye izina ryacyo nuko ntari kucyamamaza)kita kubu*ima nsigaye ndi comptable wacyo ariko nanjye nabaye Doctor kuberako bituma mpura n'abantu benshi bafite ibibazo by'ubu*ima n'uburwayi butandukanye by'umwihariko abafite ikibazo nk'iki cyawe bo mbumva vuba kuko namaze kubona ubuhamya bw'umuntu wakize ibibyimba atabazwe mugihe nahageze ntarabyumva ntaranabibona ntangira kuharangira abantu benshi harimo n'abinshuti zanjye narinzi bafite iki kibazo,umuntu wambere narangiye iwacu yari afite ikibazo gikomeye ubwo yari afite imyaka 40 atarabona imihango kdi kumyaka ye 39 yafashe risk arashaka nubwo yivuje agakira akabona imihango ariko ntibyarangiye ikibazo cyakomeje kubura inda(ntiyasamaga)nubwo yari yaravuye mubu*ima bwo gufata ikariso akayisiga urunyanya ndetse akayishyira hafi ngo umugabo we atazakeka ko ikibazo ariwe ugifite noneho yajyaga mumihango akabigaragariza umugabo kumugaragaro nkaho ari umuderi kugirango atazatekerezako ariwe ufite ikibazo,nyuma nibwo yaje gutekerezako ahari numugabo yaba afite ikibazo aramuzana arisuzumisha muganga asanga nawe afite ikibazo cy'intanga zabaye ibihuhwe zidashobora gutanga umusaruro nawe atangira kwitabwaho arakira ubungubu bafite umwana w'imyaka 2 indi nda nayo iri hafi kuvuka!

Ubu rero nabaye umutabgabuhamyako ibi bibyimba bivurwa bigakira neza kuko hari umuti(ndawita umuti kuko nabonye abantu benshi batazi inyunganiramirire n'agaciro kazo kubu*ima ariko ubundi ni inyunganiramirire)ifasha ababyeyi n'abakobwa bafite ibibazo nk'ibyongicyo kukibibyimba cyo rero iragenda ikabishongesha bikayenga n'akakiri gatoya kakashonga ugasigara uri mu*ima iyo uyifatanyije n'izindi zifungura imitsi amaraso agatembera neza ndetse n'iziyayungurura zikanasohora imyanda mumubiri usubira kuba mushya rwose umubiri wawe ugasubirana umwimerere ndetse n'imisemburo yawe igasubira kuri gahunda kandi izi nyunganiramirire ntangaruka zigira kubu*ima uzaze nawe nguhuze na muganga wacu muganire azagufasha biruseho rwose ndumva niba ari icyo kibazo ntagushidikanyako kizakemuka!

Ntakwezi kwashize ntajyiye kureba muganga mucuti wanjye yandangiye ubungubu hashize ukwezi n'igice nkurikiranwa n'umuganganga wo kukigo inshuti yanjye yandangiye ariko ndabona bigenda bimpa ibisubizo byiza hari ibimenyetso bimwe na bimwe ngenda mbona usibyeko ikibazo cyo kuribwa mugihe ndi mumihango kitarakemuka nubwo nabyo bitakiri cyane mfite ikizereko nabyo bizagenda bampaye ubujyanama bw'ibiribwa ngomba kwibandaho ndetse banambwira izindi nyunganiramirire ngomba gukomeza gufata ubungubu ndumva mfite ikizere cyaneko bushobora gukira burundu bitewe naho numva bigeze.

Hari igihe tuba mugihugu tutazi ibigikorerwamo naje gusanga aha hantu bakoresha imiti y'umwimerere ituruka muri Asia harimo n'iyo mubuhinde nyamara usanga abantu bayisiga inaha bakajya kwivuriza iyongiyo bikabatwara amatike n'andi mafaranga menshi kandi barabavurisha ibyo basize inaha!

Yenda nawe ushobora gukenera muganga wamfashije reka nguhe numero y'umuntu ushinzwe kubahuza ni umujyanama w'ubu*ima muri icyo kigo hamagara 0783641459 cg +250788218798no kuri WhatsApp arasubiza!

Visit TikTok to discover videos! 20/04/2026

PROTECT YOUR LIVER & SUPPORT ESSENTIAL ORGANS.

Every time your liver filters alcohol, some of its cells die.
The liver can regenerate itself, but prolonged alcohol use reduces this ability and may cause lasting damage.

✓Protect your liver and support your essential organs with Milk Thistle Dynapharm — a trusted supplement for wellness and prevention.
✓Prevention is better than cure. Take steps today for a healthier tomorrow.

📞 For enquiries and delivery: 0788 218 798

Visit TikTok to discover videos! Watch, follow, and discover more trending content.

Photos from Ivuriro Dynapharm Rwanda 's post 20/04/2026

PROTECT YOUR LIVER & SUPPORT ESSENTIAL ORGANS.

Every time your liver filters alcohol, some of its cells die.
The liver can regenerate itself, but prolonged alcohol use reduces this ability and may cause lasting damage.

✓Protect your liver and support your essential organs with Milk Thistle Dynapharm — a trusted supplement for wellness and prevention.
✓Prevention is better than cure. Take steps today for a healthier tomorrow.

📞 For enquiries and delivery: 0788218798

17/04/2026

*Instant Gano Chocolate Dynapharm is more than just a tasty drink—it’s a wellness booster.* It combines the rich flavor of cocoa with Ganoderma extract to strengthen immunity, fiight fatigue, improve digestion, balance blood pressure, and uplift mood.

*Key Benefits of Instant Gano Chocolate Dynapharm*

- Boosts Immunity: Ganoderma is known for strengthening the body’s natural defenses.
- Eliminates Fatigue: Helps fight exhaustion and refreshes your energy levels.
- Improves Digestion: Supports a healthy digestive system.
- Enhances Sleep Quality: Promotes relaxation and better rest.
- Balances Mood: Cocoa and Ganoderma together help reduce stress and uplift emotions.
- Supports Heart Health: Traditionally used to lower blood pressure and cholesterol.
- Regulates Blood Sugar: Can help maintain healthy sugar levels.
- Kidney & Nerve Tonic: Provides nourishment for overall wellness.
*For order contact +250788218798*

16/04/2026

*Spirulina – The Smart Choice for All!*

Many people struggle to afford different foods for vitamins, proteins, and minerals. But with spirulina, you don’t have to worry. Spirulina is a natural superfood that combines:
- All essential nutrients found in fruits and vegetables 🍎🥬
- Complete proteins found in animal sources 🥩🥚
- Vital vitamins and minerals your body needs every day 💪

It is cheaper, potable, and easy to use—making it the perfect solution for families, students, and communities who want strong health without high costs.

✨ If you cannot afford many foods at once, start with spirulina. It gives you the strength, energy, and balance your body deserves.

👉 Talk about spirulina, share it, and use it—it’s the affordable path to better health!
Call +25 0788 218 798

07/04/2026

𝐃𝐢𝐚𝐛𝐞𝐭𝐞𝐬

wa.me/+250788218798
Ibizwi ku ndwara ya diabetes n'imibare byerekana ko umutwaro ugenda wiyongera ku isi ku bantu, imiryango, ndetse n'ibihugu.

Imibare ku ndwara ya Diabetes (2021) ivuga ko 10.5% by'abaturage bakuze (20-79) bafite diabetes, hafi kimwe cya kabiri bakaba batazi ko babana n'iyi ndwara.

Mu mwaka wa 2045, byitezwe ko umuntu 1 kuri 8 akuze, hafi miliyoni 783, azabana na diabetes, ubwiyongere bwa 46%.

Abantu barenga 90% barwaye diabetes bafite diabetes yo mu bwoko bwa 2, iterwa n'imibereho-ubukungu, imiturire, ubukure, ibidukikije, hamwe na genetike. Ibifite uruhare runini mu kuzamuka kwa diabetes yo mu bwoko bwa 2 harimo:

1. Gutura mu mujyi
2. Abageze mu za bukuru
3. Kudakora sports
4. Kugira umubyibuho ukabije

Icyakora, birashoboka kugabanya ingaruka za diabete mu gufata ingamba zo gukumira diabete, kwipimisha kare no kwita ku barwaye diabetes. Izi ngamba zishobora gufasha abantu babana n'uburwayi kwirinda cyangwa gutinza ibibazo biterwa na diabetes.

Wifuza ko twagufasha ku kibazo cya diabetes, watugana tukagufasha
Contact: 0788 218798

𝐓𝐰𝐢𝐭𝐞 𝐤𝐮𝐛𝐮𝐳𝐢𝐦𝐚 𝐛𝐰𝐚𝐜𝐮

23/03/2026

IMPAMVU ZISHOBORA GUTUMA UMUGORE AKURWAMO ( )

Gukurwamo Nyababyeyi (hystérectomie)bikorwa gusa iyo hari impamvu z’ubuvu*i zikomeye. Zimwe mu mpamvu zikunze gutuma abaganga bafata uwo mwanzuro ni izi:

1.
•Kanseri ya nyababyeyi
•Kanseri y’inkondo y’umura(iyi akenshi iterwa na Infection urinaire ziba zaranze gukira bikarinda biviramo umurwayi kanseri)
•Kanseri y’amagi(ovaires)
Iyo kanseri igeze ku rwego rukomeye,gukuramo nyababyeyi biba ngombwa kugira ngo indwara idakomeza kwiyongera no kongera ubukana.

2.Indwara ziva ku ihindagurika ry’imisemburo ( , cg Ibibyimba byo muri Nyababyeyi mu Kinyarwanda)
Iyo fibromes ari nini cyane,zitera kubabara bikabije,kuva amaraso menshi,cyangwa kubangamira ubu*ima busanzwe,nyababyeyi ishobora gukurwamo.
Kuri iyi ngingo umuntu Uba afite ibyago byo gukurwamo Nyababyeyi ni umuntu Uba amaze kubagwa inshuro nyinshi bakuramo Ibi bibyimba cyane cyane ku nshuro ya gatatu Nyababyeyi iba ishobora guterurwamo.

3.Kuva amaraso menshi adasanzwe
Iyo umugore ahora ava amaraso menshi cyane kandi imiti n’ubundi buryo bwo kuyahagarika byanze,bishobora gutuma hafatwa icyemezo cyo gukuramo nyababyeyi.
Ibi akenshi biba nk'igihe ari mu mihango nibwo aba ashobora gusohora amaraso menshi bikaba byanamuviramo kugira ikibazo cya Anemia(Indwara yo kubura amaraso)

4.Infections zikomeye z’imbere mu nda
Iyo hari infection ikomeye mu myanya ndangagitsina y’imbere (Pelvic inflammatory disease)yangije nyababyeyi ku buryo budashobora gukira,ishobora gukurwamo.

5.Endometriosis ikabije
Ni igihe udusebe tw’inyama za nyababyeyi dukurira ahandi hatari ho, bigatera ububabare bukabije n’ibindi bibazo. Iyo byageze ku rwego rukabije,nyababyeyi ishobora gukurwamo.

6.Nyababyeyi imanuka (Prolapsus utérin)
Iyo nyababyeyi imanutse ikava mu mwanya wayo usanzwe, bigatera ububabare n’ibibazo byo kubyimba no kwitambika,bishobora gutuma ikurwamo.

7.Ibikomere bikomeye nyuma yo kubyara
Hari igihe nyababyeyi yangirika cyane kubera kuva amaraso menshi nyuma yo kubyara ku buryo kuyikuramo biba ari byo bikiza ubu*ima bw’umugore.

8.Ibibazo bikomeye by’imbere mu nda bidakira
Iyo nyababyeyi ifite indwara idakira cyangwa yangiritse bikabije,kandi nta yindi miti ifasha,kuyikuramo bifatwa nk’igisubizo cya nyuma.

Icy’ingenzi:Gukuramo nyababyeyi ntabwo ari icyemezo cyoroshye. Abaganga babanza kugerageza ubundi buryo bwose bwo kuyivura no kuyibungabunga.Iyo bibaye ngombwa ko ikurwamo biba ari uko ubu*ima bw’umugore buri mu kaga cyangwa uburwayi bumaze kuba bukabije cyane.

Dusoza, !
Mu rwego rwo kunganira ubuvu*i bugezweho bwa Kizungu hari inyunganiramirire n'imiti y'umwimerere itunganywa mu bimera mu buryo bw'ikoranabuhanga rihanitse ifasha Nyababyeyi kubaho neza ikanahangana n'ibibazo bikunda kuyibasira harimo nko gukumira no guhangana na Infections ndetse no gushiririza ibi bibyimba bikunda kuyibasira bigashiramo bitagusabye kubagwa.
Mbere yuko ugerageza ubundi buryo ushobora kwifashisha ubu bwa na bufasha abantu benshi ubu*ima bwabo bukagenda neza!
Ni kimwe nuko bushobora kugufasha gusubiza imisemburo yawe kuri gahunda mu gihe nayo twabonye ko ishobora kuba Intandaro yo kuguteza ibibazo bituma Nyababyeyi yawe yakurwamo.
Twibukiranye ko Umubyeyi wakuwemo Nyababyeyi aba atagishobora kubyara biba birangiriye aho.
Ku bibazo waba ufite kubu*ima bwa Nyababyeyi n'ibindi muri rusange ku bu*ima bariza kuri 0788218798 uhabwe ubufasha

;
√KWIRINDA BIRUTA KWIVUZA
√KWITA KU BU*IMA BWAWE UTARAREMBA BIGUHA AMAHIRWE YO KWIVUZA UGAKIRA NAHO KWITA KU BU*IMA INDWARA YARAMAZE KUKURENGA HARIMO IBYAGO BYINSHI BYUKO YANAGUHITANA.
MU GIHE WUMVISE HARI IBITAGENDA NEZA MU MUBIRI WAWE WIRINDIRA KUREMBA HITA UGISHA INAMA MUGANGA WAWE CG WIHUTIRE KUJYA KWA MUGANGA UHABWE UBUFASHA!

23/03/2026

Wari u*i itandukaniro riri hagati ya Prebiotics na Probiotics?
Kwita ku bu*ima bw’igifu cyawe ni ingenzi cyane ku bu*ima rusange bw’umubiri 👇
🔹 Probiotics
Ni utunyabu*ima twiza twinjira mu mubiri tugafasha:
✅ Igogora rikagenda neza
✅ Kongera ubudahangarwa
✅ Kurinda indwara zo mu mara
Biboneka muri: Yogurt, amata yabanje guhindurwa (nka nono)
🔹 Prebiotics
Zo ni ibiryo bigaburira utwo tunyabu*ima twiza 🦠
Zifasha:
✅ Kwongera bacteria nziza mu mara
✅ Gutuma umubiri winjiza intungamubiri neza
✅ Kubungabunga ubu*ima bw’amara
Biboneka muri:
🍌 Imineke
🧄 Tungurusumu
🧅 Ibitunguru
🌾 Oats n’ibinyampeke byuzuye
✨ ICY’INGENZI:
Probiotics zongeramo utunyabu*ima twiza, naho Prebiotics zo zikabutunga! Iyo bikoranye, bigufasha kugira ubu*ima bwiza bw’igifu 💪
📞 Ushaka kumenya byinshi cyangwa kubona ibicuruzwa bifasha ubu*ima bw’igifu?
Hamagara/Whatsapp +250788218798
*imaBwiza

22/03/2026

DYNAPHARM'S GOAT MILK TABLET is made from high quality goat’s milk from France.🥛

✔ High protein
✔ High selenium
✔ High vitamin
✔ High calcium

Our Goat Milk Tablet has a similar pH level to humans - it can be absorbed with less irritation while keeping bacterias away💯💯💯. It is suitable for glucose-intolerance patients.Goat’s milk has better absorption compared to cow’s milk

Traditional Uses:

✔️Prevents osteoporosis
✔️Strengthens the bones,and enhances children’s growth development
✔️Supplies calcium
✔️An alkaline food suitable for those suffering Gastric Ulcer
✔️Natural antibiotic enhances respiratory system and lung disease.

Get TODAY - powerful body immune booster, healing and life giving food ✔✔✔✔

Open for Distributor/Reseller +25 0788 218 798

Dynapharm Rwanda

19/03/2026

YEEEES! WARI U*I KO KUBURA VITAMINE C BIGIRA INGARUKA NYINSHI KU BU*IMA?
Ese waba ufite kimwe muri ibi bibazo? 🤔
🔹 Ufite ibikomere bitakira vuba?
🔹 Umubiri wawe ukora nabi cyangwa ukumva ufite intege nke?
🔹 Ushaka kwirinda indwara zidakira (chronic diseases)?
🔹 Ufite ibibazo by’uruhu (nk’inkovu, ibiheri, udusebe)?
🔹 Ukeneye kurinda uruhu rwawe ingaruka z’izuba? ☀️
🔹 Ufite uruhu rwumagaye cyangwa rushishuka?
🔹 Ufite amabara cyangwa utubyimba ku ruhu (tâches)?
🔹 Uhora urwara angine cyangwa ubudahangarwa bw’umubiri bukaba buke?
💡 IGISUBIZO NI C-SUPREME!
💊 C-SUPREME ni inyongera ya Vitamine C ikomeye cyane:
✔ Ifasha umubiri gukira vuba
✔ Yongera ubudahangarwa bw’umubiri 💪
✔ Ituma uruhu ruba rwiza kandi rugaragara neza ✨
✔ Irinda indwara zitandukanye
🌿 Gira ubu*ima bwiza, uruhu rwiza n’imbaraga nyinshi ukoresheje C-SUPREME!
📲 Hamagara cyangwa wandikire kuri WhatsApp: +250788218798
👉
👉
👉
👉
👉 *imaBwiza
👉
👉
👉
👉
👉
👉
👉
👉
👉

18/03/2026

Liver is a major organ in the body and gets damaged quickly and also heals quickly. Studies suggest that milk thistle can be beneficial for a wide range of liver issues such as jaundice, psoriasis, hepatitis, fatty liver, and damage to liver from alcohol as well as prevent kidney stones and help to get rid of pollution and waste in the body.

Since ancient times, milk thistle also known as liver herb has been used for its potent healing and therapeutic powers. It has anti-inflammatory, antiviral and antioxidant qualities that assist the body detox and cleanse itself of toxins and free radical buildup.

Consume 3 times daily, 2 tablets each time after meals.

Protect your such as , , , , and against damage. Visit our branches countrywide or DM for online Orders and Deliveries.
Call+25 0788 218798

Want your business to be the top-listed Beauty Salon in Kigali?
Click here to claim your Sponsored Listing.

Category

Address

KN250 Street
Kigali